Ijwi ry'abaturage
Gufasha abaturage bafite inkuru, ubuhamya cyangwa ibibazo bikomeye kubona urubuga rushobora kubumva no kubagezaho ijwi.
Menu
Ukuri. Uburenganzira. Afurika.
Tanga amakuru cyangwa ushyigikire ubuhanga bwikora.
Founding Circle
Abantu 36. Icyerekezo kimwe. Ijwi ridaceceka.
INKORAMUTIMA 36 ni umuryango wihariye w’abantu 36 bashyigikira umurimo wa BADRAMA Media House wo guteza imbere ijwi ry’abaturage, journalism yigenga, uburenganzira bwa muntu, ukuri n’impinduka z’amahoro kandi zubaka.
Ntabwo ari ugutanga amafaranga gusa.
Ni ukwemera kuba umwe mu bantu bashyigikira kubaka urubuga rufite gahunda, rukorera abaturage kandi rutanga umwanya ku majwi adakunze kumvikana.
36 FOUNDING MEMBERS ONLY
Hari abantu benshi bemera ko abaturage bakwiye kugira ijwi, ko ukuri kugomba kuvugwa kandi ko igihugu gikenera inzego zigenga, journalism ikomeye n’ahantu hatekanye abaturage bashobora gutanga amakuru yabo.
Ariko icyerekezo kidafite abantu bagishyigikira ntigishobora gukura.
INKORAMUTIMA 36 yubatswe kugira ngo haboneke itsinda rito, rifite gahunda kandi ryiyemeje gufasha BADRAMA Media House gukomeza kubaka ibikorwa byayo mu buryo burambye.
Aba 36 ni bo Founding Circle.
Gufasha abaturage bafite inkuru, ubuhamya cyangwa ibibazo bikomeye kubona urubuga rushobora kubumva no kubagezaho ijwi.
Gushyigikira ibiganiro, ubucukumbuzi, interviews, documentaries, fact-checking n’itangazamakuru ridakorerwa ku gitutu.
Gufasha BADRAMA kubika no gukurikirana testimonies, evidence n’inkuru z’abantu bagizweho ingaruka n’akarengane.
Gushyigikira ibikorwa bishobora gufasha abantu cyangwa imiryango yahuye n’ingaruka zikomeye z’akarengane cyangwa ibibazo by’uburenganzira bwa muntu.
Kubaka no kurinda systems zifasha sources, journalists n’abaturage gutanga amakuru mu buryo bwizewe.
Founding Circle
Ijwi Ryacu
$150 — 10 Members
“Ijwi rimwe rishobora gutangira impinduka.”
Uba umwe mu bantu 10 bashyigikira ko ijwi ry’abaturage rikomeza kumvikana.
Membership includes:
0 / 10
10 SEATS ONLY
Join Ijwi RyacuUrumuri rw'Urwanda
$300 — 10 Members
“Ukuri ni urumuri. Urumuri ntirukwiye kuzima.”
Urumuri rw'Urwanda rugenewe abantu biyemeje gushyigikira umurimo wo kumurika ukuri no gufasha ijwi ry’abaturage kugera kure.
Includes all Founding Member benefits plus:
0 / 10
10 SEATS ONLY
Become UrumuriInkingi Ihamye
$500 — 10 Members
“Icyerekezo gikomeye gikenera inkingi zihamye.”
Inkingi Ihamye ni membership y’abantu bashaka kugira uruhare rukomeye mu kubaka infrastructure iramba ya BADRAMA Media House.
Includes all previous benefits plus:
Editorial decisions remain fully independent from membership contributions.
0 / 10
10 SEATS ONLY
Become Inkingi IhamyeNdabishimangira
$1,000 — 6 Members
“Ntabwo nshyigikiye iki cyerekezo mu magambo gusa. Ndabishimangira.”
Aba ni abantu 6 gusa biyemeza kuba mu rwego rwo hejuru rwa Founding Circle.
Ndabishimangira ntabwo ari uburenganzira bwo kugenzura BADRAMA. Ni ikimenyetso cy’uko member yiyemeje gushyigikira kubaho no gukura kwa mission yayo.
Includes all Founding Member benefits plus:
0 / 6
6 MEMBERS ONLY
Ndabishimangira36 Total Places · 0 / 36
0 / 100 / 100 / 100 / 6INKORAMUTIMA member ntabwo agura:
INKORAMUTIMA yubakiye ku gushyigikira mission, ntabwo yubakiye ku kugura decisions.
DUSHYIGIKIRA IJWI.
DUSHYIGIKIRA UKURI.
DUSHYIGIKIRA UBURENGANZIRA.
DUSHYIGIKIRA IMPINDUKA Z’AMAHORO ZUBAKA.
INKORAMUTIMA 36
Abantu 36 bemeye gushyigikira umurimo w’itangazamakuru ryigenga.
Request to become one of the 36Mu ibanga · ntitumenyekana
Twohereze ubutumwa dutasaba izina cyangwa imeyili yawe. Ubutumwa ntibikomeza kuri iyi page nyuma yo kuyisubiza — bika kode yawe.
Mu ibanga · ntitumenyekana