Reviewed
Other
Ubuhamya bugaragara ku rubuga
UBUHAMYA BWO KWA BIZIMANA I KARENGE NI UKURI
20
Uburyo bwo kureba 20
Yes BADRAMA uraho neza?
Ubuhamya watanze bwa hariya kwa Bizimana I Karenge nanjye ndabuzi nari hafi aho uriya muhungu Jean Pierre BIZIMANA wananiwe kubyakira niganaga na mushikiwe witwaga Herena we yabigendeyemo twarababaye cyane ukuntu uriya Musaza nq famille bari barokotse kubera ineza yabo bagiraga bakaza gutwarwa na Serwakira niko navuga.
Nanjye Muzehe wanjye ari mu biciwe mu rugo rumwe rwo muri Nyakariro hitwaga Rwimbogo barimo gusenga hamwe n'abatutsi bari barokowe nawe nukuri twumvaga ko inkotanyi zije turokotse ariko siko byagenze.
Uzanengere umugabo wari Directeur wa Nyakaliro warokowe n'abahutu agasubira inyuma akaza kubarimbura za Murehe ndakeka wowe waba umuzi neza ubu ni Demob atuye za Kabuga ariko yarimbuye abantu benshi cyane muri gahunda yitwaga kujya kuzana umunyu I Kabuga.
Imana izaguhe umugisha kuko watanze umusanzu w'ingenzi cyane iyo twumvishe hari umuntu uzi ibyatubqyeho hariya Nyakaliro Karenge Rukori Nzige Nyamatete twumva aturemye agatima nubwo ntaruvugiro dufite ariko Imana irabizi byose
NTA CHAINE IDACIKA NIYI IZACIKA TURABYIZEYE NUBWO HAZABA HASIGAYE BAKE BIZAKUNDA.
Ubuhamya watanze bwa hariya kwa Bizimana I Karenge nanjye ndabuzi nari hafi aho uriya muhungu Jean Pierre BIZIMANA wananiwe kubyakira niganaga na mushikiwe witwaga Herena we yabigendeyemo twarababaye cyane ukuntu uriya Musaza nq famille bari barokotse kubera ineza yabo bagiraga bakaza gutwarwa na Serwakira niko navuga.
Nanjye Muzehe wanjye ari mu biciwe mu rugo rumwe rwo muri Nyakariro hitwaga Rwimbogo barimo gusenga hamwe n'abatutsi bari barokowe nawe nukuri twumvaga ko inkotanyi zije turokotse ariko siko byagenze.
Uzanengere umugabo wari Directeur wa Nyakaliro warokowe n'abahutu agasubira inyuma akaza kubarimbura za Murehe ndakeka wowe waba umuzi neza ubu ni Demob atuye za Kabuga ariko yarimbuye abantu benshi cyane muri gahunda yitwaga kujya kuzana umunyu I Kabuga.
Imana izaguhe umugisha kuko watanze umusanzu w'ingenzi cyane iyo twumvishe hari umuntu uzi ibyatubqyeho hariya Nyakaliro Karenge Rukori Nzige Nyamatete twumva aturemye agatima nubwo ntaruvugiro dufite ariko Imana irabizi byose
NTA CHAINE IDACIKA NIYI IZACIKA TURABYIZEYE NUBWO HAZABA HASIGAYE BAKE BIZAKUNDA.
Ubu buhamya bugaragara ku rubuga bwasuzumwe n'abanditsi ba BADRAMA TV.
Sangiza inkuru yawe mu mutekano
Tanga ubuhamya mu buryo bwitondewe
Gutegura ibitekerezo…
Ibitekerezo by'abasomyi
Jya mu kiganiro